Top posts
-
KUMARAMARIZA KUGENDANA N'IMANA.
Mwiriwe bwoko bw'IMANA? Yesu nashimwe cyanee Nihuse cyane mureke dusome ijambo riri muri Ruth ariwe Rusi1:6-9. Rusi1:16-19 maze ugarukire ahantu handitse ngo: Nuko bombi barajyana bagerana i Betelehemu. Nshuti umutwe wirijambo cg se intego yaryo iravugango:...
-
Ubugingo Bushingiye Ku Kwizera
Ubugingo Bushingiye Ku Kwizera Intangiriro Ibyanditswe bivuga bikomeje biti: "Ukiranuka azabeshwaho no kwizera" (Abaroma 1:17; Abagalatiya 3:11); "Ariko utizera ntibishoboka ko ayinezeza" (Abaheburayo 11:6); kandi ngo "tugenda tuyoborwa no kwizera, tutayoborwa...
-
Abantu bagendana inyandiko zidasomeka!
Abantu bagendana inyandiko zidasomeka! Daniyeri 5 :14-16 Numvise bakuvuga ko umwuka w’ Imana ukurimo kandi umucyo no guhishurirwa n’ ubwenge bwiza bikubonekamo…ko ubasha guhangura ibyananiranye. 1.Umwami Berushaza yabonye intoki zandika ku rusika, iyo...
-
ICYO UTINDANYE NACYO USANACYO
ICYO UTINDANYE NACYO USANACYO Kuva34:28-29 28Amaranayo n'Uwiteka iminsi mirongo ine n'amajoro mirongo ine, atarya umutsima atanywa amazi.Uwiteka yandika kuri bya bisate by'amabuye amagambo y'isezerano. Ni yo ya mategeko uko ari icumi. 29 Mose amanuka...
-
Wari uzi ko imyambarire mibi y’ igitsina gore igira? (1 abakorinto 12 : 23-24)
Wari uzi ko imyambarire mibi y’ igitsina gore igira ingaruka ? « Kandi izo ku mubiri zizwi ko ari izicyubahiro gike, nizo turushaho kwambika icyubahiro, kandi ingingo zacu ziteye isoni nizo zirushaho gushimwa. Nyamara izidateye isoni ntizigomba kwambikwa…...
-
Hashobora kuza tungurana
Hashobora kuzaba ari mu gitondo cya kare, kugasusuruko, kumanywa y'ihangu, nimugoroba izuba rirenze, ninjoro, ahari se igicuku kizaba kinishye cyangwa se inkoko zizaba zatangiye kubika... Ntawamenya neza ariko umunsi umwe uzava mu isi, umwuka uzagushiramo...
-
Ibitambo byoswa
Ibitambo byoswa 1Uwiteka ahamagara Mose, amubwira avugiramu ihema ry'ibonaniro ati2“Bwira Abisirayeli uti: Nihagiraumuntu muri mweutambira Uwiteka igitambo, mujye mukuraicyo mutamba mu matungo, mu mashyo cyangwa mu mikumbi. 3“Natamba igitambo cyo koswa...
-
Pr Mazimpaka:
Mbere na mbere Imana yaremye ijuru n'isi. Isi yari itagira ishusho, yariho ubusa busa, umwijima wari hejuru y'imuhengeri, maze Umwuka w'Imana yagendagendaga hejuru y'amazi. Imana iravuga iti "Habeho umucyo", umucyo ubaho. Imana ibona umucyo ko ari mwiza,...
-
Ibintu niba ukunda Imana wayiha!!
Yesu ashimwe benedata‚ Imana ishimwe iduhaye uyu mwanya wo kuganira ijambo ry'Imana mwese rero mbahaye ikaze. Tugiye kuganiro ijambo rivuga ngo 🔸"Ibintu niba ukunda Imana wayiha!!" Ubusanzwe nta muntu wanga gukundwa abantu bose barabyifuza bakanabiharanira...
-
: ISHURI RYITWA URUGO
: ISHURI RYITWA URUGO GUSHAKA ni ryo shuri ryonyine aho ubonera impamyabushobozi utaratangira. ni ishuri batajya bambarira ikanzu ( graduation) ni ishuri ritagira akaruhuko cyangwa ibirukuko binini ni ishuri ritajya ryirukana cyangwa ngo wiyirukane ni...
-
Sobanukirwa Ubuhanuzi bwa Daniyeli
Sobanukirwa Ubuhanuzi bwa Daniyeli Ubwami butazasimburwa iteka ryose ‘Maze ubwami n’ubutware n’icyubahiro cy’ubwami bwose buri munsi y’ijuru, bizahabwe ubwoko b’abera b’Isumbabyose. Ubwami bwayo ni ubwami buzahoraho iteka, kandi ubutware bwose buzajya...
-
ICYAHA GITEYE MURI KAMERE MUNTU, CYIKERA IBYAHA
Icyaha si igikorwa umuntu akora ahubwo ni kamere ya muntu yaturutse ku muntu wambere Adamu, ubwo atumviraga Imana twese twahindutse abanyabyaha. (Abaroma 5:19 ). Icyaha cya Adamu cyageze kuri bose, cyinjiza urupfu, bityo urupfu rugera kuri bose kuko bose...
-
Burya gukorera Imana ntibigoye
Burya gukorera Imana ntibigoye Ijambo ry’Imana Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange ndabaruhura. Mwemere kuba abagaragu banjye munyigireho, kuko ndi umugwaneza kandi noroheje mu mutima, namwe muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu, kuko kunkorera...
-
IYO IGIHE CYAWE CYO KUVA I LODEBARI KIGEZE*
umunsi mwiza Kuri twese! Amahoro ntimutinye kuko Uwiteka ni umurengezi. Ntutinye abanzi bawe, kuko: -Iyo Goliati atahaba Dawidi yari guhera mu ntama -iyo Farawo atahaba abisiraheli ntibari kubona icyubahiro cy'Imana imbere y'inyanja itukura -iyo hataba...
-
Akamaro gakomeye k’amasengesho y’umuntu umwe
Akamaro gakomeye k’amasengesho y’umuntu umwe Ijambo ry’Imana “Mwaturirane ibyaha byanyu kandi musabirane, kugira ngo mukizwe. Gusenga k’umukiranutsi kugira umumaro mwinshi, iyo asenganye umwete. Dore Eliya yari umuntu umeze nkatwe asaba cyane ko imvura...
-
UWEZA WA NENO LA MUNGU/power of word of God
UWEZA WA NENO LA MUNGU/power of word of God Karibuni wapendwa tajadiliane na kushilikishana maneno ya Mungu, pia kupeana tarifa mbalimbali za kiroho, pia kuombeana ili tuweze kuishinda dunia hii chafu na kuingia mbinguni yaliko Makazi sahihi na ya milele....
-
KUGIRA UMUTIMA UTANDUYE IMBERE Y’IMANA*
INTEGO: KUGIRA UMUTIMA UTANDUYE IMBERE Y’IMANA* *Matayo 5:8* _Hahirwa ab’imitima iboneye, kuko aribo bazabona Imana._ *Abaheburayo 12:14* _ mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kwezwa, kuko utejejwe atazareba umwami Imana._ *Yesaya 66:2b*...
-
UNDERSTANDING and COURAGEOUS HEART to read to the end. MAY our MINDS BE ENLIGHTENED BY GOD 's WISDOM in JESUS ' mighty name I PRAY, AMEN. Stay blessed 🙂 *TEN (10) GOLDEN SECRETS OF MARRIAGE:
UNDERSTANDING and COURAGEOUS HEART to read to the end. MAY our MINDS BE ENLIGHTENED BY GOD 's WISDOM in JESUS ' mighty name I PRAY, AMEN. Stay blessed 🙂 *TEN (10) GOLDEN SECRETS OF MARRIAGE:* *TO THOSE WHO ARE MARRIED AND/OR ARE PREPARING TO GET MARRIED...
-
IKIMETSO CYO GUTWARWA.
1Abakorinto 11:10Ni cyo gituma umugore akwiriye kwambara ku mutwe ikimenyetso cyo gutwarwa ku bw'abamarayika. IKIMETSO CYO GUTWARWA. Kwambara igitambaro n'ikimenyetso cyo kuba munsi y'ubutware bw'umugabo igihe cyose.Kandi iyo atwikiriye umutwe aba arimo...
-
GUTEGEKA KWA KABIRI 2:3
: GUTEGEKA KWA KABIRI 2:3 Ndabasuhuje mwizina RYA yesu reka tuganire muri ayamagambo Imana yabwiye abisirael Igihe bazengurukaga seyiri imyaka 40 Imana iratubwira ngo igihe mumaze muzenguruka umusozi kirahagije nimucyamike mugende benedata mbere yuko...
-
Abana b’Imana n’abakobwa b’abantu bavugwa mu Itangiriro 6:1-4 ni bande?
Ikibazo: Abana b’Imana n’abakobwa b’abantu bavugwa mu Itangiriro 6:1-4 ni bande? Igisubizo: Itangiriro 6:1-4 havuga inkuru irimo abana b’Imana n’abakobwa b’abantu. Hari impaka zitandukanye kubo abo bana b’Imana aribo, n’impamvu abana babyaranye n’abakobwa...
-
KWIHANGANA BITERA KU NESHA REKA TUREBE AKAGATEKEREZO KUMUKOBWA WITWA ESTHER
KWIHANGANA BITERA KU NESHA REKA TUREBE AKAGATEKEREZO KUMUKOBWA WITWA ESTHER . . . Ni ubuhamya bw'umukobwa witwa ESTHER wari wariyeguriye Imana mu buryo budasubirwaho ari n’umuririmbyi ; ababyeyi be bari abayobozi b’itorero rya gikristo. Yari umukobwa...
-
SODOMO NA GOMORA
SODOMO NA GOMORA Umuriro wahurudutse uvamwijuru wikubita isodomo .sodomo na gomora ubushaka bwemera ko ko koko byabayeho Abashakashatsi bemeza ko habayeho umuriro cyangwa ibibuye byahurudutse biva mwisanzure byaka umuriro bigwa Isodoma maze hararimbuka...
-
Bibiliya yerekana aho gutabarwa kw’ikiremwamuntu kubonerwa
Bibiliya yerekana aho gutabarwa kw’ikiremwamuntu kubonerwa Imana yarinze Abanyarwanda mu gihe cyari gikomeye, n’ubu iracyabarinda kuko ari yo ifite ijambo rya nyuma ku cyaremwe cyose. Uyu munsi uriho najye ndiho, kuko ari yo gutabarwa kwacu kubonerwamo....
-
UMWUKA WO GUSIGARA
UMWUKA WO GUSIGARA. 2 ABAMI 11:1 Iki cyari igihe cyo gutabara kw’abami, Dawidi asigara yiryamiye yohereza abagaragu. Satani amupangira umugore, amwambitse ubusa, Umugore amubera ibirenze abagore, amutwara umutima, -Kutaba aho akwiriye kuba ari, -Kudakora...
/image%2F2049312%2F20160506%2Fob_28fda7_img-20150621-00825.jpg)